Icyo nifuza (Gospel)- Fabrice
Uploader Comments (Yesunimuzima)
All Comments (21)
-
Fabri shirako ibihe
-
eka koko n´ico n´ubu tucifuza kandi tukirondera twebwe umuryango wa heavenly kudwebera mu bwiza bgayo no kuba perfect as our father is be blessed chef!!
-
Amen, que Dieu te bénisse Serviteur de l'Eternel, j'aime bcp la chanson!!
-
kubwanjyendashimira ababa hanzi nukuri baririmbe indirimbonziza ,ahubwo tubasabire umugisha ,k'Uwiteka ndetse ibogerere ubuhanga bwinshi,maze babashe gukomeza kubwiriza kwiza kwabo bafite mundirimbozabo. bityo bizaba byiza ! sibyo !
-
nice song, God bless you
-
turi hano ku isi nk'abagenzi, buri muntu wese yagize igihe cyo kuvuka, azanagira igihe cyo gupfa.
ababyeyi n'abavandimwe bacu bapfuye, bareke aho bari, wireba inyuma, ahubwo ibaze impamvu ukiriho maze igihe usigaje hano, ugikoreshe uko bigomba. Yesu akugirire neza.
-
Oyaaa we!
ntago tugomba kwibagirwa Imana, niyo mubyeyi w'imfubyi, niyo mugabo w'abapfakazi ni nayo isana imitima ibabaye!! kandi ninayo ibabarira abayigana bose!! Kuba tukiriho, ni kubuntu bwayo, ntacyo twatanze ngo turokoke, ariko buriya Imana yonyine idufitiye umugambi. Yihe ubuzima bwawe bwose, kandi uyizere kuko ari Imana, maze urebe ukuntu izagutangaza.
Imana ikugirire neza kandi ibane nawe muri byose maze ikwiyereke maze uzatange ubuhamya! mu izina rya Yesu nsenze kandi nizeye.
-
im sorry but i think they have great voices...Nice melody...great message if you know what they are saying
Nge icyo nifuza nuko imana twayibagirwa nkuko natwe yatwibagiwe mubihe twayikeneye!...Tujye twibuka aho yadusize muri byabihe byose twicanaga!
teyhar 3 years ago
Imana Ishimwe cyaneeee! ko yagukijije muri byabihe byose twicanaga, wowe warokotse!! ukaba ushobora kutwereka ko ubabaye. Kwibuka biriya bihe si byo mana, nshuti nziza! ahubgo ifuze Uwiteka Imana nyiringabo ko Ikomeza kukugirira neza. Muvandimwe mbikubgiye kuko uzi imbaraga z Imana icyo zakora...ifuze Uwiteka maze wizere kuko niba ukiriho nuko Imana Igufiteye umugambe mwiza. Jeremiah 23:11 Kandi Imana Iragukuuuunda ibyo wowe utigeze kumenya. Yesu akugirere neza!
Yesunimuzima 3 years ago
ubwo se abapfuye bo wabasubiza icyi?
teyhar 3 years ago
bakunzi ndizera ko musenga Imana y'ukuri, Iyaremye wowe nanjye!!! Abapfuye muvugana ryari???...cyangwa mubasubiza iki ryari???? Ikibabaje nuko umwuka mubi uyobora abantu mubinyoma batabizi!!! Mu Izina rya Yesu Kristu turanze uy'umwuka wabapfu. yewe nukuri teyhar wandike ibyo ushaka ni uburenganzira bgawe icyo nkwifuriza nuko ub'amahoro kandi ukagira Yesu mu mutima ukiyubaka (nubgo tutakuzi).
Yesunimuzima 3 years ago
Ni ukuri urababaye! icyo shima nuko ufute ubgenjye bgo kwandika. Nshuti nziza iyo wamenya uko nacitse kwicumu wamenya ko atari wowe wenyine ubabaye!!! Kandi humura Imana Iragukunda. Umva ujye ureka guterana amahane ugire ubusabane. Uwakubgiye ko uvugana n'abapfuye yarakubeshye.humura niba wiga uzamenya ko ayo mahane yawe ariyo yatumwe ibyatubayeho biba. kandi va mubapfu ujye mubazima uvuge ibintu byubaka. Sinjye wagutumiye kwandika ntibizongera kwerekana kandi niba ur'igipinga Imana utuve kure
Yesunimuzima 2 years ago